Austin
Umuziki wo kuramya Imana uri kugenda uhindura isura aho umugabo n’umugore bishyira hamwe kugira ngo bakoreshe impano zabo mu kuramya Imana. Tumaze kubona abaramyi benshi bubakanye ingo kandi bafasha benshi barimo James na Daniella, Kavutse Olivier na Amanda, Fabrice na Maya Nzeyimana, Ben na Chance n’abandi batandukanye. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere Ben […]
Muri iki Cyumweru dusoza tariki 02 Werurwe 2020 nibwo hasohotse indirimbo yitwa “Nobody” y’umukobwa wiyise Black Widow afatanyije na Peace Jolis. Ni indirimbo ivuga ku mukobwa ukunda kubyina, ikaba yarakozwe na Davydenko mu gihe amashusho yatunganyijwe na Meddy Saleh, “Nobody” yumvikanamo ijwi rya Peace Jolis gusa, mu gihe uyu Black Widow we agaragara mu mashusho […]
Umuhanzikazi Queen Cha akaba na mubyara wa Safi Madiba yavuze azi neza ko ari muri Tanzaniya nyuma y’amakuru amaze iminsi avugwa ko ari yamaze kugera muri Canada. Mu cyumweru gishize nibwo havuzwe cyane amakuru y’uko Safi Madiba yaba yaramaze kwerekeza muri Canada asanzeyo umugore we utuye yo. Ibi byakuruwe n’ifoto Safi Madiba yashyize kuri Instagram […]
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, gentil Misigaro yatangaje ko ubuzima bwe bwahindutse nyuma y’umwaka ushize ashinze urugo. Tariki 16 Werurwe 2019 nibwo umuramyi ufasha imitima ya benshi, Gentil Misigaro, yakoze ubukwe n’umukunzi we w’igihe kirekire, Mugiraneza Rhoda wanizihizaga isabukuru y’amavuko. Harabura ibyumeru bibiri gusa, ngo bizihize isabukuru y’umwaka umwe, biyemeje kubana akaramata. Mu […]
-
Pages