Current track

Title

Artist

Current show

Sandrine

06:00 10:00


Blog one column

Page: 11

Igitaramo cyiswe Easter Celebration gisanzwe gitegurwa n’umuramyi Patient Bizimana mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa Pasika, muri uyu mwaka wa 2020 ntabwo kizaba. Buri munsi mukuru wa Pasika ubwo abakirisitu baba bizihiza izuka rya Yezu, mu mujyi wa Kigali hamenyerewe kuba hari igitaramo gikomeye cyiswe Easter Celebration gitegurwa na Patient Bizimana. Ni igitaramo gikomeye […]

Umuhanzi w’indirimbo zo mu njyana ya gakondo, Cyusa Ibrahim, ugiye gutaramira mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’u Burayi yatangaje ko afite gahunda yo guhura n’umuvandimwe we Stromae baherukana mu 2015. Cyusa n’inkera ni itsinda ry’ababyinnyi ryashinzwe na Cyusa Ibrahim, rikaba rikaba rikunzwe cyane mu bitaramo bya gakondo. Uyu musore umaze gushyira hanze indirimbo umunani […]

Muri iki gihe icyorezo cya Koranavirusi gikomeje gukwira ku Isi, ibihugu kitarageramo bikomeje gufata ingamba zo kugikumira kugira ngo hatagira umuturage n’umwe ucyandura. U Rwanda rwakajije ingamba zo kubungabunga isuku cyane cyane ahahurira abantu benshi. Ubu kwinjira mu nyubako iyo ari yose itangirwamo serivisi ni ukubanza gukaraba intoki n’isabune yabugenewe, abantu bakanguriwe kudasuhuzanya mu biganza, […]

Adrien Misigaro washinze umuryango w’ivugabutumwa wa Melody Of New Hope, wari wateguye igitaramo cyiswe Each One Reach One kikaza gusubikwa ku munota wa nyuma yahisemo kucyerekana biciye kuri interineti anatangiza ubukangurambaga bwo gukusanya amafaranga yo kuziba icyuho cy’igihombo. Iki gitaramo cyagombaga kubera mu nyubako ya Intare Conference Arena, kuri iki cyumweru tariki 08 Werurwe 2020. […]

Abari bateguye igitaramo cyiswe Ikirenga mu Bahanzi cyari kigamije gushimira Cecile Kayirebwa nk’umuhanzikazi wasigasiye muco nyarwanda, baratangaza ko bahombye amafaranga ari hagati ya miliyoni 20 na 30  nyuma y’uko gihagaritswe ku munota wa nyuma. Kuri iki Cyumweru tariki 08 Werurwe 2020 nibwo hari kuba igitaramo cyiswe Ikirenga mu Bahanzi ku nshuro ya mbere cyari kigamije […]

ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 07 Werurwe 2020 nibwo habaye umuhango wo gutanga ibihembo ku bakinnyi ba filime bahize abandi muri Rwanda International Movie Awards. Hari ku nshuro ya karindwi ibi bihembo bitanzwe ariko kandi hari ku nshuro ya mbere bishyizwe ku rwego mpuzamahanga aho byitabiriwe n’ibihugu bitandukanye byo mu Karere ka Afurika […]