Current track

Title

Artist

Current show

Non-Stop Music

14:00 16:00


Author: Arsene Muvunyi

Page: 5

Umuhanzi wo muri Cameroon Emmanuel N’Djoke Dibango [Manu Dibango] wamamaye cyane mu gucuranga Saxophone yitabye Imana azize indwara ya COVID-19. Manu Dibango wabaga mu Bufaransa yitabye Imana kuri uyu wa 24 Werurwe 2020 nk’uko byatangajwe biciye ku rukuta rwe rwa Facebook. “N’akababaro kenshi turatangaza urupfu rwa Manu Dibango  watabarutse kuri uyu wa 24 Werurwe 2020 […]

Umuririmbyi ukunzwe cyane muri iyi minsi, Bruce Melodie, yasohoye indirimbo ye yise “Henzapu” [Hands Up] yafatiye amajwi abakunzi be bamukurikiye imbonankubone ku mbuga nkoranyambaga. Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki 21 Werurwe 2020 ni bwo umuhanzi Bruce Melodie yagaragaye ku mbuga nkoranyamba ze nka YouTube, Twitter, na Instagram ari gufata amajwi y’indirimbo muri studio […]

Uwase Muyango Claudine wabaye Miss Photogenic mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019, yashimiye byizamazeyo umukunzi we Kimenyi Yves, nyuma yo kumutegurira ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko. Tariki 19 Werurwe ni wo munsi Uwase Muyango Claudine wabaye Miss Photogenic muri Miss Rwanda 2019, yizihije isabukuru y’imyaka 22 amaze avutse. Uyu mukobwa uri mu rukundo […]

Muri iyi minsi Isi ihaganyakishijwe n’icyorezo cya COVID-19 kimaze gukwira mu bihugu byinshi ndetse abantu basaga ibihumbi 10 bamaze gupfa. Kugeza ubu mu Rwanda naho cyarahageze aho nyuma y’icyumweru kimwe umurwayi wa mbere agaragaye abandi bagera kuri 18 basanzwemo iyi ndwara. Ubuzima busa n’ubwahagaze mu rwego rwo guhangana n’iyi ndwara itarabonerwa umuti n’urukingo. Insengero, amashuri, […]

Nyuma y’iminsi ine umukinnyi wa filime Idris Elba asanzwemo indwara ya Koronavirusi, umugore Sabrina Dowhre na we yahishuye ko yamaze kwandura iyi ndwara. Tariki 17 Werurwe 2020 nibwo Idris Elba yashyize amashusho ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko abaganga bamusuzumye bakamusangamo indwara ya Koronavirusi, nyuma yo guhura n’umuntu wayanduye. Muri aya mashusho hagaragaragamo umugore we, Sabrina […]

 Tariki 18 Werurwe 2020 Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere [RDB] cyahagaritse ibikorwa by’imyidagaduro bibera mu tubari, resitora na hoteli birimo utubyiniro, amatsinda acuranga n’ibindi. Ibi byakozwe mu rwego rwo gukomeza guhangana n’icyorezo cya Koronavirusi cyandurira cyane mu kwegerena no gukoranaho. Tariki 20 Werurwe 2020, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu nayo yasohoye itangazo ritegeka abafite utubari mu mijyi kudufunga […]